
Kuri uyu wa gatatu, agace gato k’amashusho y'Igitsina kagaragaye kuri Television hagati mu kiganiro kuri Politiki ya Ed Miliband ushaka kuzasimbura David Cameron mu Ubwongereza.
Amashusho yagaragaye mu gihe uyu munyamakuru yavugaga ibya Politiki
Abakurikira television batunguwe cyane no kubona inyuma ya Television barebaga (background) amashusho y’umugore uri mu mibonano mpuzabitsina, mu gihe bari hagati mu kiganiro kuri politiki “News Debate”
Mu gihe havugwaga kuri politiki ya Ed Miliband kuri Ecosse, nibwo mu masegonda atari menshi amashusho y’uyu mugore yacaga kuri imwe muri ‘Screen’ nyinshi zari inyuma.
Umunyamakuru wa STV wari kuvuga igihe ibi byabaga, byabaye ngombwa ko kuri uyu wa kane asaba imbabazi abari bakurikiye iki kiganiro, nyuma y’uko umwe mu barebaga Television atanze ikirego ku buryo bwemewe.
Umwe mu bakozi ba STV, yabwiye Dailymail dukesha iyi nkuru ko aho abanyamakuru batunganyiriza amakuru “Newsroom” nta numwe wabonye aya mashusho mu gihe yacagaho.
Uwasabye imbabazi we yagize ati: “ muri kiriya cyumba (newsroom) buri wese aba ahuze, kandi hari ‘monitors’ zerekana ama ‘channels’ ya za television zindi zitandukanye”
Yavuze ko nubwo aya mashusho yaciyeho koko, ariko yizeye ko nta bantu benshi babashije kuyareba kuko yamaze umwanya muto.
Umuvugizi wa STV, nawe akaba yasabye imbabazi abareba iyi Television, yavuze ko bibabaje ariko yizeye ko abari bakurikiye batitaye cyane kuri ariya mashusho kuko yagaragaraga inyuma (background)
Mu myaka ibiri ishize, umukobwa usoma amakuru kuri BBC TV muri Ecosse, Catriona Shearer, yafashwe na za Camera yashyize akaboko imbere mu ijipo ye yikorakora.
Nyamara we ntiyari yabonye ko biri guca kuri Television Live.
Source
Rwanda News and History | Umuco Nyarwanda | BBC News | Igihozo-Shakisha Umukunzi | Amakuru y'u Rwanda | Urubuga rw'Urubyiruko
Twandikire bangambiki@igituba.org
Sunday, January 29, 2012
Igitsina Kinjiranye Politiki mu kiganiro kuri TV
Tweet
Subscribe to:
Posts (Atom)











