Sunday, January 17, 2010

BOYFRIEND WANJYE YANGA KUNYAZA NGO NI UMWANDA

BOYFRIEND WANJYE YANGA KUNYAZA NGO NI UMWANDA

Claudine
Murakoze mfite ikibazo iyo mpuye na boyfriend wanjye nkamubwira ngo anyaze arabyanga ngo ntabyo azi. Kandi ambwira ngo ni umwanda mu buriri. Nzabigenze gute?

IGISUBIZO

Bangambiki:
CLAUDINE ni byo kunyaza bishobora kwanduza uburiri, uzashake agasambi kabigenewe kandi umuganirize kugira ngo yumve akamaro kabyo


INKURU BISA



1.Dore Uko Banyaza!


2.Kunyaza Bita Gukama

3.Kunyaza Bita Gukamisha

4.Kunyaza Bita Gukunguta

5.Kunyaza Bita Gutsibura

6.Kunyaza Bita Kujabagira

7.Kunyaza Bita Kunyatiriza

8.Kunyaza n'Urutoki

9.Kunyaza Uhagaze

10.Kunyaza Wicaje

11.Kunyaza Wicaje Ku Ntebe

12.Ibitekerezo ku Kunyaza

4 comments:

Anonymous said...

Ohh cloudine nubona uwo mujyama wawe akomeje kubyanga uzamubwire ko ubishaka kuko ushobora kuzahura numwana wanyaje akahita akujyana byazanabasenyera mubanye pee

Anonymous said...

Claudine, amakuru? Uzaganire n'iyo nshuti yawe mwitonze umwumvishe uburyo ari byiza, kandi utegure environnement yo kubikoreramo (gushaka amashuka mukayakubiranya kugirango anywe inkari aho kugirangi zijye muri matela, cyangwa gushaka umukeka,...Nibiba ngombwa kandi, uzanshake nkugire inama. Nushaka inama ziruseho, nyandikira kuri radimax2007@yahoo.co.uk
Ibihe byiza.

Coco said...

Mbere na mbere mbanje kubaramutsa mwese nabifuriza umwaka mushya muhire 2010 . Mboneyeho cyane no gushimira abanditsi biyi site kuko byerekana ko n'abanyarwanda bamaze ggutera imbere ntaho basize inyuma ! None rero njye nashakaga kumenya inama zagirwa umugore utanyara kugira ngo nawe azabashe kunva ubwo buryohe !nunvise ko ngo hari imiti gakondo banywa , ese nibyo koko ? mwambwira amazina yayo naho igurirwa ? mbaye mbashimiye ibisubizo muzampa. Coco

friends said...

Claudine, Uzanshake nguhe umuti uzaha uwo mujyama wawe ugatuma akunda kunyaza...muzajya mubikora amanywa n'ijoro.
My email is: cyamamare@gmail.com

Post a Comment